Gakenke: Ikigo nderabuzima cya Rutake inzu y’ababyeyi yaje ari igisubizo
Nyuma yo kwa kugurwa kw’ikigo nderabuzima cya Rutake hakongerwamo inzu y’ababyeyi, ababyeyi bavuga ko batakigorwa no kujya kubyarira kure ndetse bikaba byarafashije mu kurwanya imfu z’abana n’ababyeyi Bamwe mu babyeyi…
