Abaturage bagirwa inama yo gusigasira ibishanga kuko bifasha mu kuyungurura umwuka
Mu rwego rwo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, Guverinoma y’u Rwanda yashyize imbaraga mu kwita ku bishanga, ibirinda ababitamo imyanda ihumanye ndetse igira n’ibyo ikoma kugira ngo bigumane…
